Association des Eglises Baptistes au Rwanda (AEBR) yasoreje Icyumweru cy’Uburezi cyabaye kuva ku wa 09 kugeza ku wa 13 Gashyantare 2026, gifite insanganyamatsiko igira iti: “Uburezi Buboneye Bushingiye ku Nkingi y’Umuco n’Indangagaciro za Gikristo.”
Igikorwa cyo gusoza iki cyumweru cyahariwe uburezi muri AEBR hOSE cyabereye muri AEBR Nyagahinika cyitabiriwe n’abayobozi, abarezi n’abanyeshuri mu rwego rwo gusoza iki cyumweru cyahariwe uburezi bufite ireme.
Aho byabereye
AEBR Nyagahinika
AEBR Mwurire
AEBR AEBR Nyange
AEBR Nyabagendwa
AEBR Kadehero
Igihe
09 – 13
Gashyantare
2026
Activities
Indirimbo
Imivugo
Inkuru ishushanije
Bibiliya
Umunsi wo gusoza waranzwe n’ibikorwa by’abanyeshuri bigaragaza impano zitandukanye binyuze mu marushanwa ya Bibiliya, indirimbo, imivugo n’inkuru ishushanije.


